Ubuzima
WordPress is a favorite blogging tool of mine and I share tips and tricks for using WordPress here.
-
Abana bakwiye kwigishwa isuku yo mu kanwa bakiri bato
Ikigo cy’igihugu gishinwe ubuzima mu Rwanda (RBC) hamwe n’abafatanyabikorwa bifatanyije n’abaturage, ababyeyi, abarimu n’abanyeshuri bo mu Rwunge rw’Amashuri rwa Bumbogo…
Read More » -
Agahinda k’abagore bafatwa ku ngufu n’abagabo babo bakiri ku kiriri
Minisiteri y’Uburinganire n’iterambere ry’umuryango  itangaza ko abagore ari bo bibasirwa n’ihohoterwa cyane  aho 46% by’abagore bose bashyingiwe bagiye bahura n’ihohotewa…
Read More » -
Ababyeyi barashishikarizwa kwita ku isuku yabo mbere yo konsa
Ababyeyi barashishikarizwa konsa abana babanje gukaraba intoki mu rwego rwo kubungabunga ubuzima n’imikurire myiza by’umwana. U Rwanda rwifatanyije n’isi yose…
Read More » -
Muhanga: Abaturage barasaba ubuyobozi kubashyiriraho gahunda ihoraho yo kubigisha kwirinda virusi itera SIDA
Abaturage bo mu Murenge wa Mushishiro, Akarere ka Muhanga, barasaba ko ubuyobozi bwashyira imbaraga mu kubaha inyigisho ku kwirinda no…
Read More » -
Umuntu wese ufite ubuzima buzima yatanga amaraso
Abatanga amaraso bavuga ko babiterwa no kwiyumvamo ubumuntu n’umutima utabara bagashishikariza n’abandi kwitabira iyi gahunda kuko atabara ubuzima bwa benshi.…
Read More » -
GISAGARA: Ubukangurambaga bushingiye ku isibo, intwaro yo kurandura Malaria
Ubuyobozi bw’Akarere ka Gisagara buratangaza ko kuba bwarafashe ingamba zo gukora ubukangurambaga bushingiye ku isibo, aho buri muturage agerwaho hakarebwa…
Read More » -
U Rwanda mu rugamba rwo gukumira Malaria
Mu rwego rwo gukumira Malaria, Ikigo k’Igihugu gishinzwe ubuzima (RBC) gikomeje gukora ubukangurambaga mu turere twagaragayemo imibare iri hejuru y’abarwaye…
Read More » -
Dore icyo wamenya ku “iromba”
Ni kenshi usanga hari abana bafite iromba (Umbilical hernia) bamwe bakibaza niba ari indwara, ndetse bakabyibazaho ibibazo bitandukanye. Dr NDIBANJE…
Read More » -
Bimwe mu bimenyetso by’uko utanywa amazi ahagije
Hari abantu bumva ko kunywa amazi bitabareba, n’igihe bayanyweye ugasanga ntibarengeje ikirahuri kimwe bityo ugasanga abenshi bakunze kugira ikibazo cy’umwuma…
Read More » -
Kwisuzumisha indwara ya Cancer hakiri kare bituma ivurwa igakira
Abantu barakangurirwa kujya bisuzumisha indwara ya Cancer hakiri kare nibura buri mwaka, kugira ngo bamenye uko bahagaze, kuko iyo umenye…
Read More »