inkuru
    1 day ago

    Rwanda: Der Sprachen Hub ni igisubizo ku bashaka kumenya ururimi rw’Ikidage

    Der Sprachen Hub ni ishuri ryigisha kandi rigafasha abantu kumenya neza ururimi rw’Ikidage, bityo bakabafasha no gukora ibizamini bibemerera kuba bajya mu gihugu cy’Ubudage ku buryo bworoshye. Iri shuri riherereye mu Mujyi wa Kigali rwagati, ariko rikaba…
    inkuru
    1 week ago

    Rutsiro: Hifujwe ko Kivu Beach Expo & Festival yaba igikorwa ngaruka mwaka

    Nyuma y’uko mu Murenge wa Boneza ho mu Karere ka Rutsiro habaye iserukiramuco ryari rigamije guteza imbere ubukerarugendo bushingiye ku muco (Kivu Beach Expo & Festival), ubuyobozi bw’Akarere ka Rutsiro bwifuje ko barigira igikorwa gihoraho mu igenamigambi…
    Umuco
    2 weeks ago

    RUTSIRO: Bishimiye gutaramana n’umuhanzi Igisupusupu

    Mu birori by’umunsi wa mbere w’Iserukiramuco rifite umwihariko wo kuzamura ubukerarugendo (Kivu Beach Expo & Festival) riri kubera mu Murenge wa Boneza, Akarere ka Rutsiro, abaturage barishimira gutaramana bwa mbere n’umuhanzi Igisupusupu. Iri serukiramuco ryateguwe na Sosiyete…
    Umuco
    2 weeks ago

    Rutsiro: Imyiteguro ya “Kivu Beach Expo and Festival” irakomeje

    Yirunga Ltd ku bufatanye n’Akarere ka Rutsiro bakomeje imyiteguro y’imurikagurisha n’iserukiramuco (Kivu Beach Expo and Festival) mu rwego rwo guteza imbere ubukerarugendo bushingiye ku muco muri aka Karere. Iri murikagurisha n’iserukiramuco ririmo gutegurwa mu Murenge wa Boneza…
    inkuru
    3 weeks ago

    Urubyiruko mu kazi katanditse, uburyo bwo kwikura mu bushomeri

    N’ubwo ubushakashatsi ku bakora n’abashomeri mu Rwanda (Labor Force Survey 2025 QUARTER 3) butangazwa n’Ikigo cy’igihugu k’ibarurishamibare (NISR) bugaragaza ko ubushomeri bwagabanutseho 1.9% mu mwaka wa 2025 ugereranyije n’umwaka wa 2024 aho bwari ku gipimo cya 15.3%…
    inkuru
    October 20, 2025

    Yahereye ku bihumbi 300 none ubu afite uruganda_Goodluck

    Mutoni Goodluck ni umugore ukiri muto, afite uruganda rukora amavuta y’umusatsi (natural hair), akaba ahamya ko kuba rwiyemezamirimo ari byiza kandi bidasaba ko waba ufite amafaranga menshi. Mu kiganiro na Mamedecine.rw, Goodluck aratanga ubuhamya bw’urugendo rwe mu…
    Ibiribwa
    September 5, 2025

    Kurya “pomme” n’igihu cyayo bigabanya ibinure bibi mu mubiri

    Nubwo zikunzwe kubera uburyohe bwazo, hari abarya “pommes” bagombye kuzihataho igishishwa cyangwa igihu cyazo batazi ko kigira uruhare runini mu kugabanya ibinure bibi mu mubiri. Ubushakashatsi bwakozwe bukanasohoka muri “The AmericanJournal of Clinical Nutrition” mu mwaka wa…
    Abana
    September 5, 2025

    Menya ibiribwa bidakwiye kubura mu ifunguro ry’umwana

    Kugira ngo umwana akure neza mu gihagararo ndetse no mu bwenge, agomba kwitabwaho mu buryo bwose harimo cyane cyane mu kutegurira indyo yuzuye. Muri uko kumutegurira indyo yuzuye, hari bimwe mu biribwa bidakwiye kubura mu mafunguro y’umwana…
    Abana
    September 5, 2025

    KIDDO HUB mu nzira yo gufasha abana guteza imbere impano zabo

    Mu gihe hamaze kugaragara ko mu Rwanda hari abana bafite impano ariko zigapfukiranwa, bamwe mu barezi babo bagize igitekerezo cyo kubafasha kuzagura. Ni muri urwo rwego MBONYUMUGENZI Theodomir, umwe muri abo barezi yagize igitekerezo cyo gushinga ikigo…
    Ubuzima
    September 5, 2025

    Ababyeyi barashishikarizwa kwita ku isuku yabo mbere yo konsa

    Ababyeyi barashishikarizwa konsa abana babanje gukaraba intoki mu rwego rwo kubungabunga ubuzima n’imikurire myiza by’umwana. U Rwanda rwifatanyije n’isi yose mu kwizihiza icyumweru cyahariwe konsa rukaba rwaratangiye ubukangurambaga bw’iminsi 100 bwo konsa neza kugira ngo rurwanye imirire mibi…
    Back to top button