Breaking News
- Rwanda: Der Sprachen Hub ni igisubizo ku bashaka kumenya ururimi rw’Ikidage
- Rutsiro: Hifujwe ko Kivu Beach Expo & Festival yaba igikorwa ngaruka mwaka
- RUTSIRO: Bishimiye gutaramana n’umuhanzi Igisupusupu
- Rutsiro: Imyiteguro ya “Kivu Beach Expo and Festival” irakomeje
- Urubyiruko mu kazi katanditse, uburyo bwo kwikura mu bushomeri
inkuru
1 day ago
Rwanda: Der Sprachen Hub ni igisubizo ku bashaka kumenya ururimi rw’Ikidage
Der Sprachen Hub ni ishuri ryigisha kandi rigafasha abantu kumenya neza ururimi rw’Ikidage, bityo bakabafasha no gukora ibizamini bibemerera kuba bajya mu gihugu cy’Ubudage ku buryo bworoshye. Iri shuri riherereye mu Mujyi wa Kigali rwagati, ariko rikaba…
inkuru
1 week ago
Rutsiro: Hifujwe ko Kivu Beach Expo & Festival yaba igikorwa ngaruka mwaka
Nyuma y’uko mu Murenge wa Boneza ho mu Karere ka Rutsiro habaye iserukiramuco ryari rigamije guteza imbere ubukerarugendo bushingiye ku muco (Kivu Beach Expo & Festival), ubuyobozi bw’Akarere ka Rutsiro bwifuje ko barigira igikorwa gihoraho mu igenamigambi…
Umuco
2 weeks ago
RUTSIRO: Bishimiye gutaramana n’umuhanzi Igisupusupu
Mu birori by’umunsi wa mbere w’Iserukiramuco rifite umwihariko wo kuzamura ubukerarugendo (Kivu Beach Expo & Festival) riri kubera mu Murenge wa Boneza, Akarere ka Rutsiro, abaturage barishimira gutaramana bwa mbere n’umuhanzi Igisupusupu. Iri serukiramuco ryateguwe na Sosiyete…
Umuco
2 weeks ago
Rutsiro: Imyiteguro ya “Kivu Beach Expo and Festival” irakomeje
Yirunga Ltd ku bufatanye n’Akarere ka Rutsiro bakomeje imyiteguro y’imurikagurisha n’iserukiramuco (Kivu Beach Expo and Festival) mu rwego rwo guteza imbere ubukerarugendo bushingiye ku muco muri aka Karere. Iri murikagurisha n’iserukiramuco ririmo gutegurwa mu Murenge wa Boneza…
inkuru
3 weeks ago
Urubyiruko mu kazi katanditse, uburyo bwo kwikura mu bushomeri
N’ubwo ubushakashatsi ku bakora n’abashomeri mu Rwanda (Labor Force Survey 2025 QUARTER 3) butangazwa n’Ikigo cy’igihugu k’ibarurishamibare (NISR) bugaragaza ko ubushomeri bwagabanutseho 1.9% mu mwaka wa 2025 ugereranyije n’umwaka wa 2024 aho bwari ku gipimo cya 15.3%…
inkuru
October 20, 2025
Yahereye ku bihumbi 300 none ubu afite uruganda_Goodluck
Mutoni Goodluck ni umugore ukiri muto, afite uruganda rukora amavuta y’umusatsi (natural hair), akaba ahamya ko kuba rwiyemezamirimo ari byiza kandi bidasaba ko waba ufite amafaranga menshi. Mu kiganiro na Mamedecine.rw, Goodluck aratanga ubuhamya bw’urugendo rwe mu…
Ibiribwa
September 5, 2025
Kurya “pomme” n’igihu cyayo bigabanya ibinure bibi mu mubiri
Nubwo zikunzwe kubera uburyohe bwazo, hari abarya “pommes” bagombye kuzihataho igishishwa cyangwa igihu cyazo batazi ko kigira uruhare runini mu kugabanya ibinure bibi mu mubiri. Ubushakashatsi bwakozwe bukanasohoka muri “The AmericanJournal of Clinical Nutrition” mu mwaka wa…
Abana
September 5, 2025
Menya ibiribwa bidakwiye kubura mu ifunguro ry’umwana
Kugira ngo umwana akure neza mu gihagararo ndetse no mu bwenge, agomba kwitabwaho mu buryo bwose harimo cyane cyane mu kutegurira indyo yuzuye. Muri uko kumutegurira indyo yuzuye, hari bimwe mu biribwa bidakwiye kubura mu mafunguro y’umwana…
Abana
September 5, 2025
KIDDO HUB mu nzira yo gufasha abana guteza imbere impano zabo
Mu gihe hamaze kugaragara ko mu Rwanda hari abana bafite impano ariko zigapfukiranwa, bamwe mu barezi babo bagize igitekerezo cyo kubafasha kuzagura. Ni muri urwo rwego MBONYUMUGENZI Theodomir, umwe muri abo barezi yagize igitekerezo cyo gushinga ikigo…
Ubuzima
September 5, 2025
Ababyeyi barashishikarizwa kwita ku isuku yabo mbere yo konsa
Ababyeyi barashishikarizwa konsa abana babanje gukaraba intoki mu rwego rwo kubungabunga ubuzima n’imikurire myiza by’umwana. U Rwanda rwifatanyije n’isi yose mu kwizihiza icyumweru cyahariwe konsa rukaba rwaratangiye ubukangurambaga bw’iminsi 100 bwo konsa neza kugira ngo rurwanye imirire mibi…






