-
Ibindi
Uko wakwitwara ku wo mwashakanye yarakaye
Akenshi iyo abantu babana ntihabura ibyo batabasha kumvikanaho ku buryo rimwe na rimwe bivamo no gutongana, ugasanga umugabo n’umugore barakaranyije.…
Read More » -
Ibiribwa
Ibisusa ni imboga nziza ku buzima bw’umuntu
Hari abantu bazi ko ibisusa (amababi y’uruyuzi rweraho ibihaza cyangwa imyungu) bitaribwa, nyamara bigira imboga nziza kandi zirimo intungamubiri kimwe…
Read More » -
Ibiribwa
Icyo wamenya ku rubuto rwitwa “Clémentine”
Clementine ni urubuto rumeze nk’icunga cyangwa mandarine, ariko akenshi abantu bakunze kurwitiranywa na mandarine, ikaba ifite akamaro kanini ku buzima.…
Read More » -
Ibiribwa
Ibi biribwa ni ngombwa ku bantu barengeje imyaka 50
Hari ibiribwa bikwiye kwitabwaho ndetse bikaba ihame ko bitagomba kubura mu mafunguro y’abantu barengeje imyaka 50. Urebye akamaro kabyo mu…
Read More » -
Ubuzima
Kwisuzumisha indwara ya Cancer hakiri kare bituma ivurwa igakira
Abantu barakangurirwa kujya bisuzumisha indwara ya Cancer hakiri kare nibura buri mwaka, kugira ngo bamenye uko bahagaze, kuko iyo umenye…
Read More » -
Ibiribwa
Menya umwihariko w’ipapayi ku mugore utwite
Nubwo ipapayi ifite akamaro kanini ku buzima bwa buri muntu, ubushakashatsi bwagaragaje ko muri vitamini zirimo hari ifite umwihariko ku…
Read More » -
Ubuzima
Kirehe: Abarumwe n’ inzoka barasabwa kwihutira kwa muganga bakazibukira abagombozi
Ubuyobozi bw’Ikigo Nderabuzika cya Mulindi wa Nasho burasaba abatuye mu karere ka Kirehe kujya bihutira kwa muganga mu gihe barumwe…
Read More » -
Ubuzima
Burera: Ifumbire ituruka ku mwanda wo mu bwiherero yatumaga barwara inzoka
Abahinzi bo mu Karere ka Burera baravuga ko batagikoresha ifumbire ituruka ku mwanda wo mu bwiherero kuko yabatezaga indwara zituruka…
Read More » -
Ubuzima
Rubavu: Barashimira uruhare rw’ Itorero ry’Abavandimwe mu kurwanya indwara ziterwa n’umwanda
Abaturage bo mu Murenge wa Mudende ho mu Karere ka Rubavu bavuga ko bashimira uruhare rw’ amadini mu kubakangurira kugira…
Read More » -
Ubuzima
Gisagara: Amakoperative y’ ubuhinzi arakangurirwa kubaka ubwiherero mu rwego rwo kwirinda inzoka zo munda
Bamwe mu baturage bakorera mu makoperative y’ ubuhinzi bwo mu gishanga baravuga ko nta bwiherero buhagije bafite, bityo bikabatera kwandura…
Read More »