-
Abagore
Dore uko wahangana n’ibi bimenyetso bya “Ménopause”
Bavuga ko umugore ari muri “MĂ©nopause” cyangwa ko yacuze igihe aba atakijya mu mihango, mbese atagishobora kuba yabyara. Iki ni…
Read More » -
Ubuzima
Muhanga: Abaturage barasaba ubuyobozi kubashyiriraho gahunda ihoraho yo kubigisha kwirinda virusi itera SIDA
Abaturage bo mu Murenge wa Mushishiro, Akarere ka Muhanga, barasaba ko ubuyobozi bwashyira imbaraga mu kubaha inyigisho ku kwirinda no…
Read More » -
Ubuvugizi
Musanze: Bamwe mu bana batewe inda barasaba ababyeyi kujya babihanganira aho kubamenesha
Bamwe mu bana b’abakobwa batewe inda bataragira imyaka y’ubukure bikanabaviramo kwirukanwa n’ababyeyi babo mu rugo, barasaba ababyeyi muri rusange kutabafatanya…
Read More » -
Ubuzima
Umuntu wese ufite ubuzima buzima yatanga amaraso
Abatanga amaraso bavuga ko babiterwa no kwiyumvamo ubumuntu n’umutima utabara bagashishikariza n’abandi kwitabira iyi gahunda kuko atabara ubuzima bwa benshi.…
Read More » -
inkuru
GAKENKE: Abaremewe n’abanyamakuru bizeye impinduka ku buzima bwabo
Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994 batishoboye baremewe n’abanyamakuru, bagaragaza ibyishimo kandi bahamya ko bafite icyizere cy’ubuzima bwiza…
Read More » -
Abana
Itangazamakuru, umuyoboro wo kurengera no kuvugira umwana
Mu gihe byagaragaye ko hari aho abana bakorerwa ihohoterwa ku buryo bunyuranye, mu Rwanda hagiye havuka imiryango itegamiye kuri Leta…
Read More » -
inkuru
GISAGARA: Ubukene ni kimwe mu bituma bibasirwa na Malaria
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Gisagara bavuga ko kuba bafite ubukene bukabije bituma batabasha kwirinda Malaria uko bikwiye. …
Read More » -
Ubuzima
GISAGARA: Ubukangurambaga bushingiye ku isibo, intwaro yo kurandura Malaria
Ubuyobozi bw’Akarere ka Gisagara buratangaza ko kuba bwarafashe ingamba zo gukora ubukangurambaga bushingiye ku isibo, aho buri muturage agerwaho hakarebwa…
Read More » -
Ubuzima
U Rwanda mu rugamba rwo gukumira Malaria
Mu rwego rwo gukumira Malaria, Ikigo k’Igihugu gishinzwe ubuzima (RBC) gikomeje gukora ubukangurambaga mu turere twagaragayemo imibare iri hejuru y’abarwaye…
Read More » -
Abagore
Menya impamvu itera umubyeyi kubura amashereka
Bamwe mu bayeyi usanga baha abana b’impinja amata kandi bahorana na bo, ukibaza impamvu batabonsa. Mukakarangwa (izina yahawe) ni umubyeyi…
Read More »