-
Ibiribwa
Dore indwara zivurwa na Watermelon
Urubuto ruzwi ku izina rya Melo cyangwa“Watermelon” rukungahaye ku bifasha gusohora uburozi mu mubiri, bigatuma igira uruhare runini mu kurinda…
Read More » -
Ibiribwa
Impamvu ukwiye kurya amapera
Amapera ni imbuto zifite akamaro kanini ku buzima bw’umuntu. Amapera agereranywa n’ikirombe cya zahabu ku buzima kuko akoreshwa cyane no…
Read More » -
Abana
Menya uburyo bwo konsa umwana
Konsa umwana ntabwo bisaba kureba ku isaha ngo umenye ko igihe kigeze, ahubwo ugomba kureba niba umwana abikeneye. Ik’ibanze ni…
Read More » -
Indwara
Icyatera umuntu kunyara ku buriri
Kunyara ku buriri bivuga gucikwa, ukanyara utabishaka igihe usinziriye nijoro. Ku manywa umuntu mukuru aba abasha kwifata igihe ashatse kunyara…
Read More » -
Umuco
Yigize akari aha kajya he!
Uyu mugani abanyarwanda bawuca iyo batangira umuntu wigize igihangange cy’indakoreka. Ubwo rero nibwo wumva bagize bati: “Yigize akari aha kajya…
Read More » -
Ubuzima
Dore uburyo bwiza bwo kunywa amazi
Kunywa amazi ni ingirakamaro cyane kuko bifasha umubiri w’umuntu gukora neza. Umuntu ategetswe kunywa amazi  nibura Litiro imwe n’igice (1,5…
Read More » -
Ubuzima
Uburyo bwo kumesa imyenda y’imbere
Ugereranyije usanga imyenda y’imbere isukuye iba ifite garama 0.1 z’umwanda kandi ishobora kugera kuri garama 10, nk’uko ubushakashatsi bwakozwe n’ikinyamakuru…
Read More » -
Umuco
Umugore agira inzara ntagira inzigo
Uyu mugani Abanyarwanda bawuca bashaka kumvisha abandi ko abagore ari abantu beza, nyamara ubukene bukaba aricyo kintu kimwe rukumbi gituma…
Read More » -
Abagore
Uko wakwirinda kuribwa igihe uri mu mihango
Kuribwa mu nda bibanziriza imihango cyangwa se bigendana nayo bimara iminsi iri hagati y’ibiri n’itatu. Uku kuribwa mu nda bikunze…
Read More » -
Abagore
Uko umugore uri mu mihango agomba kwitwara
Igihe cy’imihango ntabwo kimera kimwe ku bagore bose. Kuri bamwe kibabera igihe cy’uburibwe bukomeye ndetse n’umunaniro ukabije, mu gihe abandi…
Read More »