-
Ubuzima
Menya impamvu ugomba gusinzira bihagije
Nk’uko dukenera kurya, kunywa no guhumeka, dukeneye no gusinzira kugira ngo umubiri wacu ukore kandi utume tubaho neza. Iyo dusinziriye…
Read More » -
Ubuzima
Ni ngombwa koza amenyo nijoro
Ni ngombwa koza amenyo nijoro ugiye kuryama, kubera ko igihe usinziriye amacandwe aba makeya maze ibirinda amenyo kwangirika ntibiboneke, bigatuma…
Read More » -
Ibindi
ICK igiye gutangiza ishami ry’ubuvuzi
Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) rigiye gutangiza ishami ry’ubuvuzi, rije ryiyongera ku yandi mashami atandukanye asanzwe ari muri iyi…
Read More » -
Ubuzima
Ngiri ibanga ryo gusoma mbere yo gusinzira
Gusoma igitabo mbere yo kuryama ni byiza ku buzima kuko bituma umuntu abasha gusinzira neza. Mu gihe bamwe bakunze kureba…
Read More » -
Ibiribwa
Igihaza, uruboga rw’ingirakamaro ku buzima
Ibihaza ni imboga zifitemo karoli nkeya ariko kandi bikaba isoko ya vitamin A ifitiye umubiri w’umuntu akamaro kanini. Bifite ubushobozi…
Read More » -
Ibiribwa
Dore indwara zivurwa na Watermelon
Urubuto ruzwi ku izina rya Melo cyangwa“Watermelon” rukungahaye ku bifasha gusohora uburozi mu mubiri, bigatuma igira uruhare runini mu kurinda…
Read More » -
Ibiribwa
Impamvu ukwiye kurya amapera
Amapera ni imbuto zifite akamaro kanini ku buzima bw’umuntu. Amapera agereranywa n’ikirombe cya zahabu ku buzima kuko akoreshwa cyane no…
Read More » -
Abana
Menya uburyo bwo konsa umwana
Konsa umwana ntabwo bisaba kureba ku isaha ngo umenye ko igihe kigeze, ahubwo ugomba kureba niba umwana abikeneye. Ik’ibanze ni…
Read More » -
Indwara
Icyatera umuntu kunyara ku buriri
Kunyara ku buriri bivuga gucikwa, ukanyara utabishaka igihe usinziriye nijoro. Ku manywa umuntu mukuru aba abasha kwifata igihe ashatse kunyara…
Read More » -
Umuco
Yigize akari aha kajya he!
Uyu mugani abanyarwanda bawuca iyo batangira umuntu wigize igihangange cy’indakoreka. Ubwo rero nibwo wumva bagize bati: “Yigize akari aha kajya…
Read More »