-
Ubuzima
Kugabanya ibiro ku muntu ukuze
Kugira ngo ugabanye umubyibuho, haba hagamijwe kugira ibiro runaka udashaka ko birenga cyane iyo ugeze mu za bukuru. Icyo gihe…
Read More » -
Abana
Uko wabigenza umwana yanze kurya
Niba umwana wawe akubwira ko adashonje, ugomba kumutega amatwi kuko ni we ubwe uba azi uko yiyumva. Ntukamuhatire kurya kabone…
Read More » -
Ubuzima
Icyo wakora wabuze ubushake bwo kurya
Ubusanzwe ni ngombwa kurya ugahaga, kandi ugafata indyo yuzuye kugira ngo ugire imbaraga bityo ugire ubuzima bwiza. Kubura ubushake bwo…
Read More » -
Ubuzima
Uko wagira mu nda hatoya
Hari abagabo cyangwa abagore usanga bafite mu nda hanini, bamwe bikababangamira kuko usanga hari umwenda runaka batabasha kwambara. Hari uburyo…
Read More » -
Abana
Igihe umwana atangirira kurya
Nubwo hari igihe usanga abana bamwe baba bashaka kurya bari mu kigero cy’amezi 4 bavutse, abahanga mu by’ubuzima bemeza ko…
Read More » -
Ubuzima
Kwita ku birenge ukoresheje vinegere
Akenshi ntabwo twita ku birenge byacu bikatuviramo kurwara indwara z’ibirenge kuzageza ubwo dutegekwa guhora twambaye inkweto zifunguye (sandales ) gusa.…
Read More » -
Abagore
Ibintu utagomba gukora igihe utwite
Igihe umugore atwite hari ibintu bimwe na bimwe aba atemerewe gukora kuko byagira ingaruka mbi ku buzima bwe ndetse no…
Read More » -
Abana
Impamvu itera umwana kurira
Amarira y’umwana amugabanyiriza imihangayiko, nibwo buryo bwo gusohora amarangamutima aba amwuzuriranyemo. Urwungano rw’imyakura (système nerveux) rw’umwana ruba rukirimo kwiyubaka ku…
Read More » -
Ubuzima
Menya impamvu ugomba gusinzira bihagije
Nk’uko dukenera kurya, kunywa no guhumeka, dukeneye no gusinzira kugira ngo umubiri wacu ukore kandi utume tubaho neza. Iyo dusinziriye…
Read More » -
Ubuzima
Ni ngombwa koza amenyo nijoro
Ni ngombwa koza amenyo nijoro ugiye kuryama, kubera ko igihe usinziriye amacandwe aba makeya maze ibirinda amenyo kwangirika ntibiboneke, bigatuma…
Read More »