Ubuzima
WordPress is a favorite blogging tool of mine and I share tips and tricks for using WordPress here.
-
Rubavu: Barashimira uruhare rw’ Itorero ry’Abavandimwe mu kurwanya indwara ziterwa n’umwanda
Abaturage bo mu Murenge wa Mudende ho mu Karere ka Rubavu bavuga ko bashimira uruhare rw’ amadini mu kubakangurira kugira…
Read More » -
Gisagara: Amakoperative y’ ubuhinzi arakangurirwa kubaka ubwiherero mu rwego rwo kwirinda inzoka zo munda
Bamwe mu baturage bakorera mu makoperative y’ ubuhinzi bwo mu gishanga baravuga ko nta bwiherero buhagije bafite, bityo bikabatera kwandura…
Read More » -
Iga kuvuga “Oya” hanze aha hari ibishuko byinshi
Abanyeshuri biga muri GS Gitarama mu Karere ka Muhanga biyemeje kwirinda ikintu cyose cyabakururira virusi itera SIDA n’izindi ndwara zandurira…
Read More » -
Menya ingaruka zo guhangayika
Guhangayika (stress) cyane iyo bibaye ibintu bihoraho ku buryo umuntu atajya agira agahenge bigira ingaruka zikomeye ku buzima. Guhangayika by’igihe…
Read More » -
Uko wagabanya ibiro ugenda n’amaguru
Kugenda n’amaguru ni umwitozo ngororamubiri usanzwe, ushoboka kuri buri wese kandi ufitiye ubuzima akamaro kanini, kuko bishobora gufasha gutwika “carolies”…
Read More » -
Ibibi byo kumutsa intoki ukoresheje “hand dryer”
Buri gihe iyo umuntu amaze gukaraba intoki cyanecyane avuye mu bwiherero, akenera kuzumutsa. Bamwe bakoresha “ hand dryer” abandi bagakoresha…
Read More » -
Niba ugize imyaka 50 uyu mwitozo ni ngombwa
Niba gukora imyitozo ngororamubiri buri gihe ari ngombwa kuri buri kigero umuntu agezemo kandi bikagirira umubiri akamaro, byaba ari akarusho…
Read More » -
Menya igitera kwituma ibisa n’umukara
Ubusanzwe umusarani ugira ibara risa n’igitaka. Hari igihe umuntu mukuru cyangwa umwana yituma (umusarani) ukabona bije bifite ibara ry’umukara, ukaba…
Read More » -
Impamvu itera imfu zo muri piscine
Hakunze kumvikana imfu za hato na hato z’abantu baguye muri “piscine” ahantu hatandukanye, bigatuma umuntu yakwibaza impamvu ibitera. Kurohama ni…
Read More » -
Dore uko wakwitwara igihe ubana n’umusinzi
Kubana n’umugabo cyangwa umugore wabaswe n’ubusinzi biravunanye cyane, ariko hariho bumwe mu buryo wakoresha ukabasha guhangana nabyo. Birumvikana iyo uwo…
Read More »