Abana
-
Urubobi ni imboga nziza cyane
Urubobi ni rwiza cyane ku rwego mbonezamirire kuko rugira amavuta make ndetse na karoli nkeya, ahubwo rukaba rukungahaye kuri poroteyine,…
Read More » -
Menya igitera umwana kunanuka
Kunanuka k’umwana muto ntabwo bifatwa kimwe no ku muntu mukuru kuko umwana ari ikiremwa kiba kikirimo gukura. Iyo umwana muto…
Read More » -
Nubibona uzamenye ko umwana wawe anywa ibiyobyabwenge
Mu gihe cy’ubugimbi n’ubwangavu, urubyiruko rumwe rutangira kunywa inzoga no gukoresha ibiyobyabwenge nk’urumogi n’ibindi. Ni byiza kumenya hakiri kare niba…
Read More » -
Bimwe mu biribwa birwanya “hypertension”
Indwara y’umuvuduko cyangwa “hypertension” mu rurimi rw’amahanga ni imwe mu ndwara zitandura iri mu zibasiye abantu muri iki gihe. Hari…
Read More » -
Tungurusumu, umuti wa “hypertension”
Tungurusumu ni kimwe mu bimera wakwifashisha mu kurwanya indwara y’umuvuduko (hypertension) igihe uyirwaye cyangwa se ubona ugiye kuyirwara. Mu binyejana…
Read More » -
Imyumbati ifite akamaro ku buzima
Imyumbati ni kimwe mu biribwa abantu benshi badakuze kurya kuko bamwe babifata nk’ibiribwa by’abatishoboye, nyamara ifite akamaro kanini ku buzima…
Read More » -
Uburyo wafasha umwana w’umunebwe
Akenshi abana b’abanebwe bakunze guhisha ababyeyi ko ku ishuri babahaye umukoro, kugira ngo bikorere ibyo bishakiye. Mu gihe abana batakoze…
Read More » -
Ibyiza byo kurya gombo urwaye diyabete
 Gombo ni imboga nziza cyane ku murwayi wa diyabete kuko zigira uruhare runini mu kuringaniza isukari iri mu maraso. Kubera…
Read More » -
Uko wabigenza umwana yanze kurya
Niba umwana wawe akubwira ko adashonje, ugomba kumutega amatwi kuko ni we ubwe uba azi uko yiyumva. Ntukamuhatire kurya kabone…
Read More » -
Igihe umwana atangirira kurya
Nubwo hari igihe usanga abana bamwe baba bashaka kurya bari mu kigero cy’amezi 4 bavutse, abahanga mu by’ubuzima bemeza ko…
Read More »