Abana
-
Menya umwihariko w’ipapayi ku mugore utwite
Nubwo ipapayi ifite akamaro kanini ku buzima bwa buri muntu, ubushakashatsi bwagaragaje ko muri vitamini zirimo hari ifite umwihariko ku…
Read More » -
Wari uzi ko intoryi zirinda kanseri?
Intoryi ni imboga ziboneka ku buryo bworoshye kandi zikaba zifite akamaro kanini ku buzima bw’umuntu nko kurinda ubwoko bwa kanseri…
Read More » -
Menya ibyiza bya beterave itukura
Beterave ni ikiribwa abantu badakunze kwitaho, nyamara ifite akamo kanini kuko  yiganjemo “antioxydants” ndetse ikaba ari ntagereranywa mu kuvana uburozi…
Read More » -
Baracyahezwa kandi na bo bashoboye
Bamwe mu bafite ubumuga baragaraza ko kuba sosiyeti ikibafata nk’abatagize icyo bashoboye bituma batabasha kwiteza imbere ngo bagire imibereho myiza…
Read More » -
RUB irashishikariza abantu kwita ku nkoni yera
Ubumwe Nyarwanda bw’abafite ubumuga bwo kutabona (RUB), burashishikariza abantu kuzirikana akamaro k’Inkoni yera yifashishwa n’abafite ubumuga bwo kutabona. Ubwo hatangizwaga…
Read More » -
Barashimira ICK yabageneye aho bonkereza abana
Ababyeyi biga mu Ishuri Rikuru Gatorika rya Kabgayi (ICK) bafite abana bato, barashimira ubuyobozi bw’iryo shuri kuba bwarabashyiriyeho icyumba bajya…
Read More » -
Ese ni byiza guteka ibirayi bihase?
Abantu ntibavuga rumwe mu bijyanye no guteka ibirayi. Bamwe bavuga ko ibyiza ari ukubiteka bihase, abandi bo bakavuga ko ibyiza…
Read More » -
Mbese amagi abikwa gute?
Iki ni ikibazo abantu bakunze kwibaza kuko baba bafite impungenge ko bashobora kuba bajya bakoresha amagi atagifite ubuziranenge. Nk’uko urubuga…
Read More » -
Menya impamvu ari ngombwa gupfuna umwana
Kuva mu minsi ya mbere umwana akivuka, ubudahangarwa bwe buba butarakura, bikaba bisaba kumuba hafi cyane. Kuva mu myaka ye…
Read More » -
Menya ibyiza byo kurya ubuki
Ubuki burimo intungamubiri zitandukanye kandi mu bibukoze harimo iby’ingezi bifasha umubiri w’umuntu kumererwa neza. Inzobere mu mirire; Deepali Sharma, agira…
Read More »