Iki ni ikibazo abantu bakunze kwibaza kuko baba bafite impungenge ko bashobora kuba bajya bakoresha amagi atagifite ubuziranenge. Nk’uko urubuga…
Read More »Ibiribwa
WordPress is a favorite blogging tool of mine and I share tips and tricks for using WordPress here.
Ubuki burimo intungamubiri zitandukanye kandi mu bibukoze harimo iby’ingezi bifasha umubiri w’umuntu kumererwa neza. Inzobere mu mirire; Deepali Sharma, agira…
Read More »Amagi ni ibiribwa bizwiho kugira “cholesterol” nyinshi, bigatuma hibazwa cyane ku mubare wa ngombwa umuntu adakwiye kurenza. Kuva mu myaka…
Read More »Soya ni ikinyamisogwe abantu benshi badakunze kwitaho mu biribwa bategura, nyamara uwamaze gusobanukirwa n’ibyiza byayo ntasiba kuyitegura mu mafunguro. Abahanga…
Read More »Akenshi usanga umuntu atunganya igihaza cyo guteka maze akavanamo inzuzi (imbuto ziba zirimo imbere) akazijungunya nk’aho ntacyo zimaze, nyamara zifite…
Read More »Muri iki gihe abantu benshi bugarijwe n’umunaniro kubera akazi kenshi, imihangayiko no kudasinzira. Ibi byose bituma umubiri utabasha kujya kuri…
Read More »Umugati ni kimwe mu biribwa bya buri munsi biboneka ku buryo bworoshye, kandi ukaba ukunze kuribwa na benshi. Ariko nubwo…
Read More »Tangawizi ni ikirungo gihumura neza gikoreshwa ku buryo butandukanye haba mu biribwa ndetse no mu binyobwa, ariko ikaba inakoreshwa mu…
Read More »â€śLentilles” mu rurimi rw’amahanga ni ubwoko bw’amashaza afite akamaro kanini cyane ku buzima bw’umuntu kubera intungamubiri zitandukanye zibamo. Nubwo iki…
Read More »Igikoro bamwe bita ikinyamayogi ni kimwe mu binyabijumba abantu benshi badakunze kwitabira kurya, nyamara gifite akamaro kanini ku buzima bw’umuntu.…
Read More »








