Abana
-
Kurya “pomme” n’igihu cyayo bigabanya ibinure bibi mu mubiri
Nubwo zikunzwe kubera uburyohe bwazo, hari abarya “pommes” bagombye kuzihataho igishishwa cyangwa igihu cyazo batazi ko kigira uruhare runini mu…
Read More » -
Menya ibiribwa bidakwiye kubura mu ifunguro ry’umwana
Kugira ngo umwana akure neza mu gihagararo ndetse no mu bwenge, agomba kwitabwaho mu buryo bwose harimo cyane cyane mu…
Read More » -
KIDDO HUB mu nzira yo gufasha abana guteza imbere impano zabo
Mu gihe hamaze kugaragara ko mu Rwanda hari abana bafite impano ariko zigapfukiranwa, bamwe mu barezi babo bagize igitekerezo cyo…
Read More » -
Ababyeyi barashishikarizwa kwita ku isuku yabo mbere yo konsa
Ababyeyi barashishikarizwa konsa abana babanje gukaraba intoki mu rwego rwo kubungabunga ubuzima n’imikurire myiza by’umwana. U Rwanda rwifatanyije n’isi yose…
Read More » -
Musanze: Bamwe mu bana batewe inda barasaba ababyeyi kujya babihanganira aho kubamenesha
Bamwe mu bana b’abakobwa batewe inda bataragira imyaka y’ubukure bikanabaviramo kwirukanwa n’ababyeyi babo mu rugo, barasaba ababyeyi muri rusange kutabafatanya…
Read More » -
Itangazamakuru, umuyoboro wo kurengera no kuvugira umwana
Mu gihe byagaragaye ko hari aho abana bakorerwa ihohoterwa ku buryo bunyuranye, mu Rwanda hagiye havuka imiryango itegamiye kuri Leta…
Read More » -
Kurya urusenda ni byiza ku buzima
Urusenda ni ikiribwa gikunzwe n’abatari bake mu gihe barimo gufata amafunguro, nyamara na none hari benshi batarukunda bitewe no gutinya…
Read More » -
Ibisusa ni imboga nziza ku buzima bw’umuntu
Hari abantu bazi ko ibisusa (amababi y’uruyuzi rweraho ibihaza cyangwa imyungu) bitaribwa, nyamara bigira imboga nziza kandi zirimo intungamubiri kimwe…
Read More » -
Icyo wamenya ku rubuto rwitwa “Clémentine”
Clementine ni urubuto rumeze nk’icunga cyangwa mandarine, ariko akenshi abantu bakunze kurwitiranywa na mandarine, ikaba ifite akamaro kanini ku buzima.…
Read More » -
Ibi biribwa ni ngombwa ku bantu barengeje imyaka 50
Hari ibiribwa bikwiye kwitabwaho ndetse bikaba ihame ko bitagomba kubura mu mafunguro y’abantu barengeje imyaka 50. Urebye akamaro kabyo mu…
Read More »