-
Ibiribwa
Menya ibyiza byo kurya ubuki
Ubuki burimo intungamubiri zitandukanye kandi mu bibukoze harimo iby’ingezi bifasha umubiri w’umuntu kumererwa neza. Inzobere mu mirire; Deepali Sharma, agira…
Read More » -
inkuru
Rudasumbwa wanjye! (Igice cya 15)
MPANO yatangiye kwibaza niba ajya kureba NYAMWIZA, cyangwa niba abyihorera. Yari kuryama se agasinzira? Mbega ibibazo!? Yibajije ibintu birimo kumubaho…
Read More » -
inkuru
Rudasumbwa wanjye! (Igice cya 14)
Iminsi iba myinshi ariko uyu nguyu wo wari uw’uruhurirane rw’ibibazo n’ibigeragezo. Agatsinga abahemu bazira abimereye neza. Nka buriya koko MULINDA…
Read More » -
Abana
Dore ibyo wakwitaho wabyaye umwana udashyitse
Mu gihe umubyeyi yabyaye umwana atarageza igihe, hari iby’ingenzi aba akwiye kwitwararika kugira ngo umwana akomeze agire ubuzima bwiza dore…
Read More » -
Ibiribwa
Menya umubare w’amagi utagomba kurenza mu cyumweru
Amagi ni ibiribwa bizwiho kugira “cholesterol” nyinshi, bigatuma hibazwa cyane ku mubare wa ngombwa umuntu adakwiye kurenza. Kuva mu myaka…
Read More » -
inkuru
Rudasumbwa wanjye! (Igice cya 13)
NYAMWIZA na we yagize ubwoba kubera ukuntu yari abonye MPANO ahindurije isura, nuko atangira kwibaza mu mutima niba atavuze nabi.…
Read More » -
Ibindi
Papa, dore ibyo utagomba gukorera imbere y’abana
Abana bamira bunguri icyo bumvise n’icyo babonye cyose cyanecyane ibyo baba bumvanye cyangwa babonanye abantu bakuru baba bari hafi yabo. …
Read More » -
Abagore
Kudefiriza imisatsi bitera ibyago bya kanseri y’umura
Amavuta akoreshwa mu gutuma imisatsi y’abagore inyerera (produits chimiques pour le dĂ©frisage des cheveux ) arakemangwa kuba atujuje ubuziranenge bikaba…
Read More » -
inkuru
Rudasumbwa wanjye! (Igice cya 12)
Sibwo yatangiye gucura umugambi mubisha, akiyemeza gutambamira NYAMWIZA na MPANO mu rugendo rw’urukundo bari batangiye? Ku munsi wo gutangira igihembwe…
Read More » -
Ibiribwa
Soya ni igisubizo ku ngaruka za “ménopause”
Soya ni ikinyamisogwe abantu benshi badakunze kwitaho mu biribwa bategura, nyamara uwamaze gusobanukirwa n’ibyiza byayo ntasiba kuyitegura mu mafunguro. Abahanga…
Read More »