-
Ubuzima
GISAGARA: Ubukangurambaga bushingiye ku isibo, intwaro yo kurandura Malaria
Ubuyobozi bw’Akarere ka Gisagara buratangaza ko kuba bwarafashe ingamba zo gukora ubukangurambaga bushingiye ku isibo, aho buri muturage agerwaho hakarebwa…
Read More » -
Ubuzima
U Rwanda mu rugamba rwo gukumira Malaria
Mu rwego rwo gukumira Malaria, Ikigo k’Igihugu gishinzwe ubuzima (RBC) gikomeje gukora ubukangurambaga mu turere twagaragayemo imibare iri hejuru y’abarwaye…
Read More » -
Abagore
Menya impamvu itera umubyeyi kubura amashereka
Bamwe mu bayeyi usanga baha abana b’impinja amata kandi bahorana na bo, ukibaza impamvu batabonsa. Mukakarangwa (izina yahawe) ni umubyeyi…
Read More » -
Abagore
Kuva cyane, impamvu ya mbere ituma abagore bapfa babyara
Bamwe mu babyeyi bakunze kugira ikibazo cyo kuva cyane igihe barimo kubyara ndetse hakaba igihe biba ngombwa ko baterwa amaraso,…
Read More » -
Ubuzima
Dore icyo wamenya ku “iromba”
Ni kenshi usanga hari abana bafite iromba (Umbilical hernia) bamwe bakibaza niba ari indwara, ndetse bakabyibazaho ibibazo bitandukanye. Dr NDIBANJE…
Read More » -
Ibindi
Niba ukorera uwo mwashakanye ibi, uramusuzugura
Umubano mwiza hagati y’abashakanye ukomezwa no gushyigikirana ndetse no kubahana ku mugabo n’umugore. Kubaha umuntu bikubiyemo kumutega amatwi kandi ugaha…
Read More » -
Ibindi
Menya inkomoko yo kwambara impeta ku rutoki rw’ibumoso
Ni kenshi usanga abantu batandukanye (abagabo n’abagore) bambaye impeta ku rutoki rwa mukubitarukoko rw’akaboko k’imoso ukaba wakwibaza impamvu batayambara no…
Read More » -
Ibiribwa
Kurya urusenda ni byiza ku buzima
Urusenda ni ikiribwa gikunzwe n’abatari bake mu gihe barimo gufata amafunguro, nyamara na none hari benshi batarukunda bitewe no gutinya…
Read More » -
Ubuzima
Bimwe mu bimenyetso by’uko utanywa amazi ahagije
Hari abantu bumva ko kunywa amazi bitabareba, n’igihe bayanyweye ugasanga ntibarengeje ikirahuri kimwe bityo ugasanga abenshi bakunze kugira ikibazo cy’umwuma…
Read More » -
Abagore
Umukobwa ufite “Company” y’ubwubatsi muri Sudani y’Amajyepfo aratinyura bagenzi be
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 8 Werurwe umwaka wa 2024, ubwo hizihizwaga Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore, bamwe mu bakobwa n’abagore…
Read More »