-
Ibindi
Igitera ivumbi mu nzu n’umwanda urigize
Ukora isuku neza mu nzu yawe ndetse no hanze, yewe nta n’ahantu hari ibitaka mu rugo rwawe ndetse no mu…
Read More » -
Abana
Ingaruka zo gukubita umwana
Akenshi usanga ababyeyi cyangwa abandi bantu barera abana, igihe bakosheje igihano bihutira kubaha ari ukubakubita nyamara bigira ingaruka hagati yabo…
Read More » -
inkuru
Rudasumbwa wanjye! (Igice cya 3)
MPANO akimara kumusezeraho no kumugira inama, NYAMWIZA yahise agenda yihuta yishimye, yerekeza kuri banki yari iri hafi aho kugira ngo…
Read More » -
Ibiribwa
Igikoro ni ingirakamaro ku buzima
Igikoro bamwe bita ikinyamayogi ni kimwe mu binyabijumba abantu benshi badakunze kwitabira kurya, nyamara gifite akamaro kanini ku buzima bw’umuntu.…
Read More » -
inkuru
Rudasumbwa wanjye (Igice cya 2)
NYAMWIZA yageze iwabo asanga se baramaze kumushyingura nuko asaba ko bajya kumwereka aho imva ye iri kugira ngo amusezereho. Bamujyanye…
Read More » -
Ibiribwa
Urubobi ni imboga nziza cyane
Urubobi ni rwiza cyane ku rwego mbonezamirire kuko rugira amavuta make ndetse na karoli nkeya, ahubwo rukaba rukungahaye kuri poroteyine,…
Read More » -
inkuru
Rudasumbwa wanjye! (Igice cya 1)
Muri iki gihe, umuryango nyarwanda ugenda uhura n’ibibazo bitandukanye bishingiye ku nzangano, kutizerana, kutihanganirana, ubuhemu, guhohoterwa, ishyari, kutiyubaha, kwihambira ku…
Read More » -
Abana
Menya igitera umwana kunanuka
Kunanuka k’umwana muto ntabwo bifatwa kimwe no ku muntu mukuru kuko umwana ari ikiremwa kiba kikirimo gukura. Iyo umwana muto…
Read More » -
Abagore
Ibibi byo kuzirika inda nyuma yo kubyara
Abagore benshi bakunze kuzirika inda zabo nyuma yo kubyara, bamwe bakoresha imyenda abandi bagakoresha imikandara ikweduka kugira ngo inda zabo…
Read More » -
Abana
Nubibona uzamenye ko umwana wawe anywa ibiyobyabwenge
Mu gihe cy’ubugimbi n’ubwangavu, urubyiruko rumwe rutangira kunywa inzoga no gukoresha ibiyobyabwenge nk’urumogi n’ibindi. Ni byiza kumenya hakiri kare niba…
Read More »