-
Abana
Menya igitera umwana kunanuka
Kunanuka k’umwana muto ntabwo bifatwa kimwe no ku muntu mukuru kuko umwana ari ikiremwa kiba kikirimo gukura. Iyo umwana muto…
Read More » -
Abagore
Ibibi byo kuzirika inda nyuma yo kubyara
Abagore benshi bakunze kuzirika inda zabo nyuma yo kubyara, bamwe bakoresha imyenda abandi bagakoresha imikandara ikweduka kugira ngo inda zabo…
Read More » -
Abana
Nubibona uzamenye ko umwana wawe anywa ibiyobyabwenge
Mu gihe cy’ubugimbi n’ubwangavu, urubyiruko rumwe rutangira kunywa inzoga no gukoresha ibiyobyabwenge nk’urumogi n’ibindi. Ni byiza kumenya hakiri kare niba…
Read More » -
Ibindi
Dore uko wahitamo amavuta yo kwisiga
Akenshi usanga abagore n’abakobwa bagira ikibazo cyo guhitamo amavuta aberanye n’uruhu rwabo, ndetse ugasanga bapfa gufata ayo babonye bigatuma uruhu…
Read More » -
Ubuzima
Menya impamvu yo kubira ibyuya
Ubusanzwe kubira ibyuya ni uburyo bwerekana imikorere myiza y’umubiri. Hari abantu usanga babira ibyuya mu kwaha, mu mutwe, mu ntoki…
Read More » -
Ibiribwa
Bimwe mu biribwa birwanya “hypertension”
Indwara y’umuvuduko cyangwa “hypertension” mu rurimi rw’amahanga ni imwe mu ndwara zitandura iri mu zibasiye abantu muri iki gihe. Hari…
Read More » -
Ibindi
Dore uburyo bwiza bwo kwicara uri mu biro
Kwicara neza mu biro ni ukwicara ku ntebe yawe noneho ugahitamo uburyo buberanye n’uko ameza (bureau) ukoreraho ateye hamwe n’ibyo…
Read More » -
Abagore
Igitangaje ku mugore uri muri “ovulation”
Igihe cy’uburumbuke (ovulation) ni igihe intanga-ngore isohoka mu gasabo kayo yerekeza mu muyoborantanga, aho ishobora guhurira n’intanga ngabo bigakora igi…
Read More » -
Ubuzima
Ngizi indwara zivurwa n’Umwenya
Umwenya ni icyatsi cyabayeho kuva kera kikaba kigira impumuro nziza kandi kikaba kigira akamaro kanini ku buzima bw’umuntu. Iki cyatsi…
Read More » -
Ibiribwa
Tungurusumu, umuti wa “hypertension”
Tungurusumu ni kimwe mu bimera wakwifashisha mu kurwanya indwara y’umuvuduko (hypertension) igihe uyirwaye cyangwa se ubona ugiye kuyirwara. Mu binyejana…
Read More »