-
Indwara
Menya impamvu zo kugira ibyuya binuka
Kubira ibyuya ni ibintu bisanzwe kuri buri muntu wese, ariko hari igihe umuntu akunyuraho ukumva afite ibyuya binuka. Icyo tugomba…
Read More » -
Ibindi
Dore ibintu byica urukundo rw’abashakanye
Ntabwo ari ibintu byoroshye kubungabunga urukundo, nta n’ibitangaza wakora kugira ngo urukomeze. Icy’ingenzi ni ukumenya uburyo wakumira imitego igiye ibyihishemo…
Read More » -
inkuru
Rudasumbwa wanjye! (Igice cya 8)
Ni AKIMANA wari uje gufata urufunguzo rw’aho bararaga kuko ari NYAMWIZA wari urufite. MULINDA yakomeje ikiganiro kigamije kwigarurira umutima w’uwo…
Read More » -
Abagore
Mugabo! Dore uko wanezeza umugore wawe
Mu buzima bwa buri munsi, usanga  utuntu duto cyane ari two dushimisha abantu. Abagore rero ni abantu banyurwa n’utuntu duto…
Read More » -
Abagore
Jya wereka umugabo wawe ko umutekereza
Mu rukundo, abantu bamenyereye ko abagabo ari bo bagomba gufata iya mbere bakabwira abagore babo amagambo aryoheye amatwi, nyamara siko…
Read More » -
Ibindi
Amagambo meza wabwira umukunzi wawe
Akenshi iyo abantu bakundana by’ukuri, bigera aho babura amagambo meza babwirana ku buryo buri wese yumva ko abwiye umukunzi ijambo…
Read More » -
inkuru
Rudasumbwa wanjye! (Igice cya 7)
Nta wundi wari uhamagaye ku ishuri ni MPANO. Furere yamaze kumuha terefoni ngo yitabe, ahita yigendera amuha rugari ngo aganire…
Read More » -
Ubuzima
Dore uko wakwitwara igihe ubana n’umusinzi
Kubana n’umugabo cyangwa umugore wabaswe n’ubusinzi biravunanye cyane, ariko hariho bumwe mu buryo wakoresha ukabasha guhangana nabyo. Birumvikana iyo uwo…
Read More » -
Ibindi
Dore impamvu abashakanye basa
Hari igihe usanga umugore n’umugabo basa ukaba wakwibaza niba nta sano yindi bafitanye, ariko usanga ari ibintu bishimisha rubanda kuko…
Read More » -
Ibiribwa
Icyo wamenya kuri tangawizi
Tangawizi ni ikirungo gihumura neza gikoreshwa ku buryo butandukanye haba mu biribwa ndetse no mu binyobwa, ariko ikaba inakoreshwa mu…
Read More »